Mohamed Abrini ukekwaho uruhare mu bitero by'i Buruseli yashinjwe ibyaha by'iterabwoba
Mohamed Abrini ukekwaho uruhare mu bitero by'i Buruseli yashinjwe ibyaha by'iterabwoba
Abashinjacyaha mu Bubiligi baravuga ko umwiyahuzi ukekwaho kugira uruhare mu bitero by'i Buruseli warokotse yemeye ko itsinda ryateguraga ikindi gitero mu Bufaransa.
Mohamed Abrini yavuze ko umutwe bakoranaga wari wafashe icyemezo cyo kugaba ibitero i Buruseli nyuma y'ifatwa rya mugenzi wabo Salah Abdeslam.